Ku wa 05 Ukuboza 2025, umuturage witwa Karorero Christophe, umuturage wo mu kagali ka Gatwaro, umurenge wa Rwaniro, ho mu karere ka Huye, yatakaje inka nzizayari afite ihaka.
Kandi ku wa 04 Ukuboza 2025, undi muturage witwa Gasarabwe Sylvestre, nawe wo muri ako kagali, yatakaje ihene 5, harimo ihene 2 zahakaga.
Abombi ni abahinzi batuye muri ako kagali ubu iyi nkuru y’ubujura burakomejekuvugwa mu baturanyi n’abaturage b’ako gace.
Aba baturage bibwe bakora ubuhinzi butandukanye burimo nubuhinzi bw’umuceri bakorera muri Koperative COORIRWA.

Ubworozi bw’ihene mu kagari ka Kibiraro, mu murenge wa Rwaniro ho mu Karere ka Huye.
Ubworozi bw’ihene mu Karere ka Huye bukorwa n’abahinzi benshi babukora mu buryobw’umwuga. Tuributsa ko ibiciro by’amatungo bikomeje kuzamuka haba ku masoko yahano mu Rwanda ndetse no ku masoko mpuzamahanga.
Ingaruka n’Ubwoba mu Baturage
Abaturage b’ako gace bafite ubwoba ko ubujura bushobora kugenda burushahokwiyongera, cyane ko ibinyabiziga by’amatungo biri mu bintu byoroshye gufatwa no gutwarwa.
Abahinzi bahuye n’iki kibazo bavuga ko batakiri mu mutuzo, kandi ko bibangamiyecyane gahunda zabo z’ubuhinzi n’imibereho y’imiryango yabo.
Hari impungenge ko ababigizemo uruhare bashobora gukomeza kugambirira kwibaabandi mu ijoro, bityo bikaba ngombwa ko habaho ubufatanye bw’abaturage, abayobozib’akarere n’inzego z’umutekano kugira ngo bashakirwe abakoze ibi byaha
.Ubworozi bw’Inka mu Murenge wa Rwaniro butunze benshi
Ibyo Abaturage/inzego Basabwe gukora






