Wednesday, March 11, 2026
UMUSHINGA TV
  • Ahabanza
  • Ubukungu
  • ubutabera
  • Amahanga
  • imyidagaduro
  • Imikino
  • Ikoranabuhanga
English Version
No Result
View All Result
UMUSHINGA TV
No Result
View All Result
Home amahanga

Abanye-Congo batangiye kugurisha ibyo basahuye muri Stade de Martyrs

Admin_Umushinga by Admin_Umushinga
September 19, 2025
in amahanga, ubutabera
0
Abanye-Congo batangiye kugurisha ibyo basahuye muri Stade de Martyrs
0
SHARES
2
VIEWS
Share on FacebookShare on Twitter

Abafana b’ikipe y’Igihugu ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, bangije Stade des Martyrs i Kinshasa nyuma yo gutsindwa na Sénégal ibitego 3-2 mu mukino wo gushaka itike y’Igikombe cy’Isi 2026, none intebe zasahuwemo zatangiye kugirishwa n’abanye-Congo.

Ibikorwa byo kwangiza iyi Stade ndetse no gusahuramo bimwe birimo intebe, byabaye ku wa Kabiri, tariki ya 9 Nzeri 2025. Abasore ba Les Léopards, bari babanje kubona ibitego bibiri hakiri kare byatsinzwe na Cédric Bakambu ku munota wa 25 na Yoane Wissa ku wa 32 ariko Sénégal birangira itsinze umukino ku bitego 3-2.

Related posts

Uganda yerekeje mu matora rusange azagena umutekano n’ejo hazaza h’igihugu

Uganda yerekeje mu matora rusange azagena umutekano n’ejo hazaza h’igihugu

January 15, 2026
Amakuru Mashya!Amerika Igiye Kuva mu Miryango  Mpuzamahanga igera kuri 66

Amakuru Mashya!Amerika Igiye Kuva mu Miryango Mpuzamahanga igera kuri 66

January 8, 2026

Abanya-Sénégal batsindiwe na Pape Gueye ku munota wa 38, Nicolas Jackson ku wa 53 na Pape Matar Sarr ku wa 86 ari nawe waje gutanga intsinzi yatumye i Kinshasa hangizwa n’abanye-Congo bababajwe n’ibyari bibabayeho.

Abafana ba DRC bari muri Stade des Martyrs, baganjwe n’umujinya maze bangiza ibirimo intebe za Stade, bamenagura ibirahure n’ibindi byinshi bangije.

Ni ibintu byanenzwe na benshi nk’uko byagiye bigaragaraga mu mashusho yashyizwe kuri X yahoze yitwa Twitter.

Mu mashusho yagaragaye kuri X, yagaragaje umwe mu basahuye intebe muri Stade de Martyrs ari kuzigurishiriza muri rimwe mu masoko yo mu Mujyi wa Kinshasa muri DRC.

Inzego zitandukanye zifite aho zihuriye n’umupira wa Afurika, zasabye CAF ko yafatira ibihano iki gihugu mu rwego rwo guca umuco wo kudahana. Abasaba ibi bihano, basaba ko ikipe gihugu cyakwamburwa kongera kwakirira imikino kuri iyi Stade cyangwa se byanaba, abafana bakaba babuzwa kwinjira.

Intebe zasahuwe, zatangiye kugurishwa
Ziri kugurishirizwa mu Mujyi wa Kinshasa
Hagijwe byinshi muri iyi Stade
Ubwo bari bamaze gutsindwa na Sénégal ibitego 3-2, abanye-Congo bangije ibirimo intebe za Stade
Kwihangana byaranze bangiza byinshi

UMUSEKE.RW

Previous Post

Ibiciro by’amashanyarazi bigiye guhinduka

Next Post

Ishuri ryigenga ryafashwaga n’umugiraneza agapfa ryeguriwe Leta

Next Post
Ishuri ryigenga ryafashwaga n’umugiraneza agapfa ryeguriwe Leta

Ishuri ryigenga ryafashwaga n'umugiraneza agapfa ryeguriwe Leta

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

STAY CONNECTED

IZINDI NKURU

  • Amakuru Mashya! Perezida wa Venezuela Nicolás Maduro afungiye i New York

    Amakuru Mashya! Perezida wa Venezuela Nicolás Maduro afungiye i New York

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • Last Kabano: Umuhanzi mushya uri kuzamuka mu Rwanda, waje kuzana imbaraga n’umudiho wihariye

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • Abatuye Umujyi wa Huye basoje umwaka wa 2025 mu byishimo n’icyizere cy’ejo hazaza

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • Bujura bw’amatungo mu Murenge wa Rwaniro, Huye Inka n’ihene byibwe mu kagali ka Gatwaro

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • Kirehe: Amazi meza yabaye ingume, bishyira abaturage mu kaga ko kwandura indwara ziterwa n’umwanda

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
UMUSHINGA TV

UMUSHINGA TV & Radio is a combined digital and broadcast media platform showcasing and promoting projects of all kinds

Recent News

  • Inama ya 20 y’Igihugu y’Umushyikirano yateranye ku wa 5-6 Gashyantare 2026
  • Urubanza rwa Jeffrey Epstein Rwongeye Kugarukwaho ku Isi Nyuma y’Isohoka ry’Inyandiko Nshya
  • Uganda yerekeje mu matora rusange azagena umutekano n’ejo hazaza h’igihugu

Category

  • amahanga
  • Ikoranabuhanga
  • Imibereho myiza
  • Imikino
  • imyidagaduro
  • Politics
  • ubukungu
  • ubutabera
  • Uncategorized
  • Utuntu n’utundi

Recent News

Inama ya 20 y’Igihugu y’Umushyikirano yateranye ku wa 5-6 Gashyantare 2026

Inama ya 20 y’Igihugu y’Umushyikirano yateranye ku wa 5-6 Gashyantare 2026

February 7, 2026
Urubanza rwa Jeffrey Epstein Rwongeye Kugarukwaho ku Isi Nyuma y’Isohoka ry’Inyandiko Nshya

Urubanza rwa Jeffrey Epstein Rwongeye Kugarukwaho ku Isi Nyuma y’Isohoka ry’Inyandiko Nshya

February 5, 2026

© 2025 umushinga - Umushinga TV & Radio

No Result
View All Result
  • Home
  • ubutabera
  • amahanga
  • Imikino
  • ubukungu
  • imyidagaduro
  • Ikoranabuhanga
  • Imibereho myiza
  • Utuntu n’utundi

© 2025 umushinga - Umushinga TV & Radio