Wednesday, March 11, 2026
UMUSHINGA TV
  • Ahabanza
  • Ubukungu
  • ubutabera
  • Amahanga
  • imyidagaduro
  • Imikino
  • Ikoranabuhanga
English Version
No Result
View All Result
UMUSHINGA TV
No Result
View All Result
Home Utuntu n’utundi

Bujura bw’amatungo mu Murenge wa Rwaniro, Huye Inka n’ihene byibwe mu kagali ka Gatwaro

Ndamukunda Jean Pierre by Ndamukunda Jean Pierre
December 7, 2025
in Utuntu n’utundi
0
0
SHARES
20
VIEWS
Share on FacebookShare on Twitter

Related posts

COMIS – Duteza Imbere Isi

COMIS – Duteza Imbere Isi

January 6, 2026
Umusore n’inkumi bahohotewe habura umunsi umwe ngo bakore ubukwe

Umusore n’inkumi bahohotewe habura umunsi umwe ngo bakore ubukwe

September 19, 2025

Ku wa 05 Ukuboza 2025, umuturage witwa Karorero Christophe, umuturage wo mu kagali ka Gatwaro, umurenge wa Rwaniro, ho mu karere ka Huye, yatakaje inka nzizayari afite ihaka.

Kandi ku wa 04 Ukuboza 2025, undi muturage witwa Gasarabwe Sylvestre, nawe wo muri ako kagali, yatakaje ihene 5, harimo ihene 2 zahakaga.

Abombi ni abahinzi batuye muri ako kagali ubu iyi nkuru y’ubujura burakomejekuvugwa mu baturanyi n’abaturage b’ako gace.

Aba baturage bibwe bakora ubuhinzi butandukanye burimo nubuhinzi bw’umuceri bakorera muri Koperative COORIRWA.

Ubworozi bw’ihene mu kagari ka Kibiraro, mu murenge wa Rwaniro ho mu Karere ka Huye.

Ubworozi bw’ihene mu Karere ka Huye bukorwa n’abahinzi benshi babukora mu buryobw’umwuga. Tuributsa ko ibiciro by’amatungo bikomeje kuzamuka haba ku masoko yahano mu Rwanda ndetse no ku masoko mpuzamahanga.

Ingaruka n’Ubwoba mu Baturage

Abaturage b’ako gace bafite ubwoba ko ubujura bushobora kugenda burushahokwiyongera, cyane ko ibinyabiziga by’amatungo biri mu bintu byoroshye gufatwa no gutwarwa.

Abahinzi bahuye n’iki kibazo bavuga ko batakiri mu mutuzo, kandi ko bibangamiyecyane gahunda zabo z’ubuhinzi n’imibereho y’imiryango yabo.

Hari impungenge ko ababigizemo uruhare bashobora gukomeza kugambirira kwibaabandi mu ijoro, bityo bikaba ngombwa ko habaho ubufatanye bw’abaturage, abayobozib’akarere n’inzego z’umutekano kugira ngo bashakirwe abakoze ibi byaha

.Ubworozi bw’Inka mu Murenge wa Rwaniro butunze benshi

Ibyo Abaturage/inzego Basabwe gukora

• Guhamagara inzego z’umutekano (umudugudu, umurenge, polisi y’akarere) mu gihebabonye umuntu cyangwa ikintu gishobora kuba gifite aho gihuriye n’aya matungoyaburiwe irengero.
• Abaturanyi gusuzuma niba hari abaturuka hanze batazwi babarizwa mu kagalibakamenyesha inzego bireba mu rwego rwo kumenya ikigenza abo bantu bagafatanyakwicungira umutekano ku manywa na nijro
• Kwibutsa abaturage kuguma maso no gukomeza umuco wo gukorera hamwe mu gucungaumutekano w’akagari.
• Gukangurira abafite amakuru ku by’aya matungo kwihutira kuyavuga, kugira ngo abakozeibyaha bamenyekane kandi bashikirizwe ubutabera.

Previous Post

Amasezerano y’amahoro ashyirwaho umukono kuwa 04/12/2025: Icyizere gishya ku burasirazuba bwa RDC

Next Post

Rwanda mu masezerano ya miliyoni $228 na Amerika: Ubufatanye bushya mu buvuzi nyuma y’amasezerano y’amahoro

Next Post
Rwanda mu masezerano ya miliyoni $228 na Amerika: Ubufatanye bushya mu buvuzi nyuma y’amasezerano y’amahoro

Rwanda mu masezerano ya miliyoni $228 na Amerika: Ubufatanye bushya mu buvuzi nyuma y’amasezerano y’amahoro

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

STAY CONNECTED

IZINDI NKURU

  • Amakuru Mashya! Perezida wa Venezuela Nicolás Maduro afungiye i New York

    Amakuru Mashya! Perezida wa Venezuela Nicolás Maduro afungiye i New York

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • Last Kabano: Umuhanzi mushya uri kuzamuka mu Rwanda, waje kuzana imbaraga n’umudiho wihariye

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • Abatuye Umujyi wa Huye basoje umwaka wa 2025 mu byishimo n’icyizere cy’ejo hazaza

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • Bujura bw’amatungo mu Murenge wa Rwaniro, Huye Inka n’ihene byibwe mu kagali ka Gatwaro

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • Kirehe: Amazi meza yabaye ingume, bishyira abaturage mu kaga ko kwandura indwara ziterwa n’umwanda

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
UMUSHINGA TV

UMUSHINGA TV & Radio is a combined digital and broadcast media platform showcasing and promoting projects of all kinds

Recent News

  • Inama ya 20 y’Igihugu y’Umushyikirano yateranye ku wa 5-6 Gashyantare 2026
  • Urubanza rwa Jeffrey Epstein Rwongeye Kugarukwaho ku Isi Nyuma y’Isohoka ry’Inyandiko Nshya
  • Uganda yerekeje mu matora rusange azagena umutekano n’ejo hazaza h’igihugu

Category

  • amahanga
  • Ikoranabuhanga
  • Imibereho myiza
  • Imikino
  • imyidagaduro
  • Politics
  • ubukungu
  • ubutabera
  • Uncategorized
  • Utuntu n’utundi

Recent News

Inama ya 20 y’Igihugu y’Umushyikirano yateranye ku wa 5-6 Gashyantare 2026

Inama ya 20 y’Igihugu y’Umushyikirano yateranye ku wa 5-6 Gashyantare 2026

February 7, 2026
Urubanza rwa Jeffrey Epstein Rwongeye Kugarukwaho ku Isi Nyuma y’Isohoka ry’Inyandiko Nshya

Urubanza rwa Jeffrey Epstein Rwongeye Kugarukwaho ku Isi Nyuma y’Isohoka ry’Inyandiko Nshya

February 5, 2026

© 2025 umushinga - Umushinga TV & Radio

No Result
View All Result
  • Home
  • ubutabera
  • amahanga
  • Imikino
  • ubukungu
  • imyidagaduro
  • Ikoranabuhanga
  • Imibereho myiza
  • Utuntu n’utundi

© 2025 umushinga - Umushinga TV & Radio