Urwego rw'Igihugu rw'Ubugenzacyaha (RIB) rwatangaje ko rwataye muri yombi Kalisa Adolphe uzwi nka Camarade, wabaye Umunyamabanga Mukuru w'Ishyirahamwe ry'Umupira w'Amaguru mu Rwanda, (FERWAFA), akekwaho ibyaha birimo kunyereza umutungo, ruswa ndetse...
Read moreDetailsUrukiko Rwisumbuye rwa Muhanga rwahanishije Nyandwi Jean Damascène igifungo cy’imyaka ine, mu gihe umugore we, Mukanyemera Donathile, yakatiwe igifungo cy’imyaka ine gisubitse. Bombi baciwe kandi ihazabu ya miliyoni ebyiri Frw...
Read moreDetailsIngabo z'u Rwanda (RDF) zatangaje ko indege yazo nto itagira abapilote 'Drone' yakoreye impanuka mu Karere ka Rutsiro, ubwo yakoreshwaga mu myitozo igata inzira kubera ikirere kitari kimeze neza. Ni...
Read moreDetailsRaporo y’Ubucuruzi Mpuzamahanga Bwanditse bw’u Rwanda igaragaza ko mu gihembwe cya kabiri cya 2025 ibyoherezwa mu mahanga n’ibitumizwayo hagabanutseho 12.5% ugereranyije n’igihembwe nk’iki umwaka ushize. NISR igaragaza ko mu gihembwe...
Read moreDetailsUbuyobozi bw’Akarere ka Muhanga, buvuga ko bumaze guha abarenga 75% ingurane y’imitungo iri hafi y’umuhanda Leta igiye kwagura. Abamaze guhabwa ingurane ni abaturage baturiye umuhanda mugari wa kaburimbo uva mu...
Read moreDetailsMu gihe kingana n'amasaha make, umunyamahirwe w'icyumweru yatsindiye Frw 1,550,856 yateze 200RWF, havamo imisoro atahana arenga miliyoni 1,2Frw. Uyu munyamahirwe utangaje yahisemo yitonze imikino iri ku ipari avanga ibikubo byo...
Read moreDetailsNyaruguru: Abana batatu bavukana bo mu Mudugudu wa Mubuga, mu Kagari ka Uwumusebeya mu Murenge wa Ruheru, ho Karere ka Nyaruguru bavuga ko bahangayikishijwe n'isambu Se ubabyara wagiye i Burundi...
Read moreDetailsUbuyobozi bw’Umurenge wa Kiyumba, Akarere ka Muhanga bwashyikirije abagabo babiri bakekwaho gukubita bikabije umugore w’umwe muri aba kugeza ahasize ubuzima. Uru rugomo rwabereye mu muri Santeri ya Remera ho mu...
Read moreDetailsUrukiko rw'ibanze rwa Busasamana mu Karere ka Nyanza mu Ntara y'Amajyepfo rwategetse ko abasore bane bakekwaho kwica mugenzi wabo bari mu muhuro w'ubukwe bakurikiranwa bafungwa iminsi 30 by'agateganyo. Ubushinjacyaha burega...
Read moreDetails© 2025 umushinga - Umushinga TV & Radio
© 2025 umushinga - Umushinga TV & Radio