Leta y’u Rwanda yasinye amasezerano mashya n’Amerika agera kuri $228 miliyoni (abarirwa hejuru ya miliyari 290 Frw), agamije guteza imbere...
Mu Murenge wa Nyarugenge mu Karere ka Nyarugenge hafunguwe Urugo Mbonezamikurire (ECD) rwitezweho gutanga ibisubizo ku bana b’abashoferi n’abakozi ba...
Guverinoma y’u Rwanda yatangaje ko harimo gukorwa ivugururwa ry’ibiciro by’amashanyarazi bitigeze bihinduka kuva mu mwaka wa 2020, nk’imwe mu ngamba...
Abantu babiri bo mu Mirenge ya Muko na Muhoza mu Karere ka Musanze bari mu maboko ya Polisi y’u Rwanda...
Raporo y’Ubucuruzi Mpuzamahanga Bwanditse bw’u Rwanda igaragaza ko mu gihembwe cya kabiri cya 2025 ibyoherezwa mu mahanga n’ibitumizwayo hagabanutseho 12.5%...
Ubuyobozi bw’Akarere ka Muhanga, buvuga ko bumaze guha abarenga 75% ingurane y’imitungo iri hafi y’umuhanda Leta igiye kwagura. Abamaze guhabwa...
Mu gihe kingana n'amasaha make, umunyamahirwe w'icyumweru yatsindiye Frw 1,550,856 yateze 200RWF, havamo imisoro atahana arenga miliyoni 1,2Frw. Uyu munyamahirwe...
Urwego Ngenzuramikorere (RURA), rwatangaje ibiciro by'amashyarazi bishya, bihindutse nyuma y’imyaka itanu ivuga ko byavuguruwe hagamijwe kujyanisha ikiguzi cyayo n’ibiyagendaho ndetse...
© 2025 umushinga - Umushinga TV & Radio
© 2025 umushinga - Umushinga TV & Radio